Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig. Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya ...
Icyo gihe mu gusubiza, Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko atazi impamvu ubutaka bwa Afurika y'Epfo buba ikibazo cya Trump.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko bitarenze Werurwe 2025, mu bigo nderabuzima n’amavuriro mato, hazaba hashyizwe imiti n'ibikoresho bihagije kugira ngo bifashe abaturage kudasiragira babuze imiti no ...
Brigitte Nibishaka na Rebecca Cyuzuzo bagiye kwiga muri Tango Bourges Basket (TBB) Academy. Aba bombi bari mu Ikipe y'Igihugu ...
Umutwe wa M23 umaze iminsi itatu uri kugenzura Umujyi wa Goma nyuma yo gutangaza ko yawufashe. Kuva uwo munsi yatangaje ko ...
Inama y'Abakuru b'Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'uwo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) yiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya ...
Abasesenguzi muri Politike n’imibanire y’ibihugu, basanga ubuyobozi bwa Afurika y'Epfo bukwiriye kwisubiraho bukareka ibikorwa bibangamira umutekano w’u Rwanda, kuko biri mu bituma umubano w’ibihugu ...
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya ...
当前正在显示可能无法访问的结果。
隐藏无法访问的结果