Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Icyo gihe mu gusubiza, Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko atazi impamvu ubutaka bwa Afurika y'Epfo buba ikibazo cya Trump.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko bitarenze Werurwe 2025, mu bigo nderabuzima n’amavuriro mato, hazaba hashyizwe imiti n'ibikoresho bihagije kugira ngo bifashe abaturage kudasiragira babuze imiti no ...
Inama y'Abakuru b'Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'uwo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) yiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya ...
Abasesenguzi muri Politike n’imibanire y’ibihugu, basanga ubuyobozi bwa Afurika y'Epfo bukwiriye kwisubiraho bukareka ibikorwa bibangamira umutekano w’u Rwanda, kuko biri mu bituma umubano w’ibihugu ...
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya ...
U Rwanda ruranenga Umuryango w'Abibumbye ko wananiwe gufatira ibihano ibihugu nka Congo Kinshasa, kuko yarenze ku mategeko yo gukoresha abacanshuro mu ntambara. Aba ni bamwe mu bafatanyabikorwa ...
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y ...
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko umwaka ushize wa 2024 abantu bagera ku 3000 bahitanywe na kanseri z’ubwoko bunyuranye. Bamwe mu bayirwaye bakayikira barishimira ko mu Rwanda ...
Abatuye mu Karere ka Nyagatare kimwe n’abakoresha imipaka ihuza u Rwanda na Uganda, baravuga ko biteguye gukurikiza ingamba zose zigamije kwirinda no gukumira icyorezo cya Ebola giherutse kugaragara ...
Abasesengura politiki y’akarere, baravuga ko inzira y’ibiganiro aricyo gisubizo gishoboka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni mu gihe inama ...
一些您可能无法访问的结果已被隐去。
显示无法访问的结果